Show notes
"Umuntu nashaka kunkurikira niyiyange yikorere umusaraba we iminsi yose ankurikire , kuko ushaka kurengera ubugingo bwe azabubura, ariko utita ku bugingo bwe kubwanjye niwe uzabukiza." Luka 9: 23,24. KUGIRA NGO TUGIRE UBUBYUTSE BURAMBYE dukeneye: 1. Guhabwa Mwuka Wera mu Buryo buhoraho, buri munsi. 2. Kugira imibereho ihora yitangira umurimo wa Kristo. "Nyamara n' ubwo twiyeguriye Imana igihe twihanaga ntacyo bizatumarira igihe cyose tutavugururwa buri munsi" Our Father Cares p. 144

